Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo...
Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n’ibyo kurya asigarana 1,000 – Bwiza| Mobile apps https://t.co/O1PixldMfn
November 03, 2017
/http%3A%2F%2Fm.bwiza.com%2Fwp-content%2Fuploads%2Fsites%2F3%2F2017%2F11%2F5f559fd29f1195ed02caceabbf624fb7_XL.jpg)
Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n'ibyo kurya asigarana 1,000
Umunyeshuri wa Kaminuza y'u Rwanda ngo atungwa n'amafaranga 600 ku munsi angina n'ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n'icumbi ry'amafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y'uburezi, umuco, urubyiruko n'ikoranabuhanga iri kugirana n'Ubuyobozi bwa Kaminuza y'u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa n'isoko ry'umurimo.
/http%3A%2F%2Fpbs.twimg.com%2Fprofile_images%2F899062862106296320%2F_cg7dcfO_normal.jpg)
