Léopold Munyakazi yageze mu rukiko yibaza impamvu hatarimo ifoto ya Perezida
/https%3A%2F%2Fwww.umuseke.rw%2Fwp-content%2Fuploads%2F2017%2F02%2FL%C3%A9opold-MUNYAKAZI-ati-Mumbwire-imyirondoro-yanyu-mbere-yuko-dukomeza.-1000x600.jpg)
Muhanga: L. Munyakazi yageze mu rukiko yibaza impamvu hatarimo ifoto ya Perezida
Yavuze ko umwirondoro umwanditseho atari uwe, yanze kuburana, *Mu rukiko rwisumbuye rwa Muhanga Léopold ati "Ni iki cyemeza ko uru ari urukiko" *Ati "Ko nta birangantego by'igihugu mbona?" *Ngo "kuki mu cyumba cy'iburanisha atahabonye ifoto ya Perezida?" Dr Léopold Munyakazi uherutse koherezwa na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika kubera ibyaha bya jenoside akekwaho kuri uyu wa [...]