Iteme rimaze imyaka 10 ryangiritse ryazitiye...
Iteme rimaze imyaka 10 ryangiritse ryazitiye ubuhahirane - See more at: https://t.co/7a65Hx4Gyx https://t.co/Alkd3VzV5a
January 07, 2017
/https%3A%2F%2Fwww.kigalitoday.com%2FIMG%2Fjpg%2Fstudio_20170105_172009_copy.jpg)
Iteme rimaze imyaka 10 ryangiritse ryazitiye ubuhahirane #Rwanda
Aba baturage bavuga ko iri teme ariryo nzira ya hafi bifashishaga bahahirana,ariko kumara imyaka 10 ryangiritse n'umuhanda wahanyuraga utakiri nyabagendwa. Jean Paul Bicahobatinya utuye mu kagari ka Mukiza avuga ko iyi nzira bayifashishaga bajya mu murenge wa Mugombwa mu isoko,kwivuza ndetse n'abana bakayinyuramo bajya kwiga.
/https%3A%2F%2Fwww.kigalitoday.com%2FIMG%2Fjpg%2Fstudio_20170105_172009_copy.jpg)
Iteme rimaze imyaka 10 ryangiritse ryazitiye ubuhahirane #Rwanda
Aba baturage bavuga ko iri teme ariryo nzira ya hafi bifashishaga bahahirana,ariko kumara imyaka 10 ryangiritse n'umuhanda wahanyuraga utakiri nyabagendwa. Jean Paul Bicahobatinya utuye mu kagari ka Mukiza avuga ko iyi nzira bayifashishaga bajya mu murenge wa Mugombwa mu isoko,kwivuza ndetse n'abana bakayinyuramo bajya kwiga.
/http%3A%2F%2Fpbs.twimg.com%2Fprofile_images%2F740693396336082944%2F1w2tpjoZ_normal.jpg)
