Nubwo leta y'uRwanda ibeshya ngo nta moko akibaho...
Nubwo leta y'uRwanda ibeshya ngo nta moko akibaho nyamara politike yayo ishingiye kw'ivangura-toteza-moko https://t.co/x85fDgBF18
December 27, 2016
/https%3A%2F%2Fimg.igihe.com%2Fjpg%2Fhadji_isaac_munyakazi_hagati.jpg)
IGIHE.com - Mobile Version - Kwiga byari ikibazo ku Mututsi n'Umuyisilamu- Isaac Munyakazi
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka itanu ishize hashinzwe Itsinda ry'abasangirangendo rigizwe n'aba 'Hadji' n'aba 'Hadjati' bahuriye mu mutambagiro mutagatifu i Maka mu mwaka wa 2011, byabaye kuri uyu wa 26 Ukuboza 2016, Hadji Isaac Munyakazi umuyobozi w'iri tsinda, yagarutse ku ihohoterwa n'ihezwa byakorerwaga Abayisilamu mbere ya 1994.
/http%3A%2F%2Fpbs.twimg.com%2Fprofile_images%2F740693396336082944%2F1w2tpjoZ_normal.jpg)
