U Rwanda ngo nta mwanya rufite wo kuvuga ku myigaragambyo y' u Burundi irushinja kwigana umurishyo w' ingoma.
Abakaraza b’ Abarundi bavuga ko bamagana u Rwanda barushinja ko rwabibye imirishyo y’ ingoma(uburyo bwo kuvuza ingoma) rukabuserukana mu irushanwa "East Africa’s Got Talent" mu gihugu cya Kenya bazindukiye mu myigaragambyo. Leta y’ u Rwanda ivuga ko nta mwanya ifite wo kugira icyo ibivugaho.
Soma ibikurikira ukanda kw'ipfundo turi hasi.

/http%3A%2F%2Fwww.ukwezi.rw%2Flocal%2Fcache-gd2%2F891e1169bc81bb1b54162e6cb22407aa.jpg)