Rujugiro yasobanuye ikihishe inyuma y'itezwa...
Rujugiro yasobanuye ikihishe inyuma y'itezwa cyamunara rya UTC https://t.co/a1u2qYsA57
September 13, 2017
/https%3A%2F%2Fi.ytimg.com%2Fvi%2F9Nk9rpO081E%2Fhqdefault.jpg)
Rujugiro yasobanuye ikihishe inyuma y'itezwa cyamunara rya UTC
Igorofa y'ubucuruzi iri mu mugi wa Kigali, UTC, Tribert Ayabatwa Rujugiro afitemo imigabane irenga 90% igiye gutezwa cyamunara. Rwanda Revenue Authority ivuga ko bitewe n'ibirarane by'imisoro Rujugiro ababereyemo. Nyamara Rujugiro wahunze kubera kutumvikana n'abategetsi bakuru bo mu Rwanda, we arasobanura ko ikigamijwe ari ukwigaririra umutungo we ngo kuko iyo nzu yacungwaga na Leta kandi ayo yinjiriza Leta harimo arenga kure asabwa mu rwego rw'imisoro.